@inyarwanda

inyarwanda

Rwanda

Instagram posts and videos uploaded by inyarwanda

inyarwanda

Komeza utore Abanyamakuru wikundira mu bihembo bya "Rwanda Influencer Awards" bizatangwa ku wa 18 Ukuboza 2021. Tora unyuze hano: https://influencer.inyarwanda.com/

December 10, 2021

inyarwanda

Komeza utore Abanyamakuru wikundira mu bihembo bya "Rwanda Influencer Awards" bizatangwa ku wa 18 Ukuboza 2021. Tora unyuze hano: https://influencer.inyarwanda.com/

December 10, 2021

inyarwanda

[AD]: Nawe byakubera! Ba mu bakoresha internet ya mbere yihuta mu Rwanda ya Mango 4G. Sim Card ni ubuntu.#SwitchtoMango4G #4G #FreeData #Mango4G @Mango4G

December 10, 2021

inyarwanda

"Harmonize ntabwo tuziranye twahuye rimwe mu buzima, idini ryanjye ntirinyemerera gushora mu biryabarezi nka Diamond" -Alikiba Muzika ya Tanzania ifite ingufu ariko abahanzi bakomeye baho usanga batavuga rumwe barebana ay'ingwe. Alikiba yavuze ibintu bitangaje ku mubano we na Harmonize aho yavuze ko bataziranye ndetse ko batajya baganira nk'uko bamwe babikekaga. Alikiba, Diamond na Harmonize ni abahanzi bakomeye muri Tanzania, gusa urwango rwa Diamond na Alikiba rumaze imyaka irenga 5 aho aba bahanzi bombi batavugana kandi bari bafitanye ubucuzi bukomeye. Igitangaje Alikiba na Harmonize nabo ntibacana uwaka aho bamwe bari bazi ko baba bavugana nk'abahanzi bakomeye muri Tanzania dore ko nta n'umwuka mubi hagati yabo wigeze uvugwa. Inkuru irambuye fungura link iri muri Bio yacu

December 10, 2021

inyarwanda

Ni nyuma y'inkuru y'umusore witwa 'Bernard Musyoki' wahuriye n'umuzungukazi kuri Facebook bakaza kwisanga mu rukundo bakabana , ubu uyu mugabo Bernard yavuze ko inkwano itamugoye cyane kuko yasabwe gutanga idorali rimwe(1$), ni ukuvuga hafi 1000 y'amanyarwanda. Inkuru irambuye fungura link iri muri Bio yacu

December 10, 2021

inyarwanda

Umugore yabyaye impanga z'abana bane bimutwara ibihumbi 300 Frw kugira ngo abashe kubitaho mu cyumweru-AMAFOTO Jenny Marr wabyaye impanga z'abana bane bimutwara ibihumbi magana 300 Frw kugira ngo abashe kubitaho mu cyumweru. Aya mafaranga agendera mu kubamenyera amata n'ibindi nkenerwa birimo za pampegisi. Ngo nibura abahindurira inshuro 24 ku munsi. Chris, umugabo w'uyu mugore nawe akimenya ko umugore we azibaruka abana 4 yaguye mu kantu yibaza uko bizagenda. Icyakora nk'uko umunyarwanda yaciye umugani ati 'Iteza amapfa ni nayo itanga aho bahahira', uyu mubyeyi yaganiriye n'ikinyamakuru kitwa www.mirror.co.uk agaragaza ko gutunga aba bana mu cyumweru kimwe gusa bimutwara ibihumbi birenga magana atatu [303,477.24 Frw]. Inkuru irambuye fungura link iri muri Bio yacu

December 10, 2021

inyarwanda

Umunyamabanga wa Leta Ushinzwe Territwari zo muri Nigeria, Ramatu Tijani Alivu yahuye n’abakobwa bahataniye ikamba rya Miss University Africa barimo Umwiza Phiona uhagarariye u Rwanda. Umwiza wabaye igisonga cya mbere cya Miss Rwanda 2020, yavuze ko mu minsi micye amaze ari mu gihugu cya Nigeria, ari kuhagirira ibihe byiza by’urwibutso. Akavuga ko Abanya-Nigeria bari kumwereka urukundo ‘rurenze intekerezo zanjye’, ku buryo bamushyigikiye nk’aho ari umwana w’abo. Ati “Nakwifuje kuba muri hano ngo mumbere abahamya. Baranshyingikiye birenze nk’aho ndi uwabo.” Inkuru irambuye fungura link iri muri Bio yacu

December 10, 2021

inyarwanda

Ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye hacicikanye amashusho y’irobo yiswe Ameca yatangaje abantu benshi bitewe n’uburyo igaragara ndetse igakora ibimenyetso bimeze neza nk'iby’umuntu. Muri aya mashusho iri robo ubwo yakangukaga yabanje gufungura umunwa isa n'iyayura ihita isuzuma amaboko ndetse ikajya inanyuzamo ikamwenyura ibyatangaje benshi. Inkuru irambuye fungura link iri muri Bio yacu

December 10, 2021

inyarwanda

Iki ni igihe cyanjye gisobanutse cyo gukora umuziki - R. Tuty yahishuye ko yabonye umujyanama anavuga kuri Album azamurika mu 2022 Umuhanzi nyarwanda R. Tuty (Nikuze Alain Thierry) ubarizwa i Burayi mu gihugu cy'u Bubiligi, yatangaje ko ageze kure yitegura gushyira hanze Album ye ya mbere yise 'Umunyamugisha'. Ibi yabitangaje ubwo yatugezagaho indirimbo ye nshya 'Iri banga' aririmbamo ko abakundana bakwiriye kubagarira urukundo rwabo bakirinda ko ruba 'sesabayore'. Inkuru irambuye fungura link iri muri Bio yacu

December 10, 2021

inyarwanda

Davido na Wizkid bamwe mu bayoboye urutonde rw’abahanzi bakize muri Nigeria-URUTONDE Umuziki magingo aya usigaye ari ubucuruzi nk’ubundi bwose ndetse hari bamwe mu bawushoramo imari bamaze gutera imbere mu buryo bugaragara. Nigeria ni kimwe mu bihugu byo muri Afurika bifite abahanzi bamaze gutera imbere mu muziki ndetse no mu bushobozi bw’amafaranga. 1.      Davido ($40 Million) Umuhanzi Davido ni we uyoboye uru rutonde rw’abahanzi bakize muri Nigeria na Miliyoni mirongo ine z’amadolari, ikinyamakuru Forbes cyatangaje ko uyu muhanzi ashobora kuba umutungo we waba unarengeje aya mafaranga bitewe n’umuryango we akomokamo nawo uri muri bamwe mu batunze agatubutse mu gihugu cya Nigeria Inkuru irambuye fungura link iri muri Bio yacu

December 10, 2021

inyarwanda

Nyuma y’amezi 3 akoze ubukwe umugore wa Mico The Best yakorewe ibirori ‘Baby Shower’ byo kwitegura umwana -AMAFOTO Umugore wa Turatsinze Prosper wamamaye mu muziki nka Mico The Best yakorewe ibirori byo kwitegura imfura yabo bizwi nka ‘Baby Shower’. Mu mafoto agaragaza Mico The Best afashe kunda y’umugore we ubona ko anyuzwe ndetse yishimiye cyane imfura yabo bagiye kwibaruka ndetse n’umugore we Clarisse amuhanze amaso yishimiye kumubyarira niyo yifashishijwe Mu kwitegura umwana wabo. Muri ayo mafoto kandi hagaragaraho inshuti n’abavandimwe ndetse n’umubyeyi wabo bari bitabiriye ibyo birori byo kwibaruka imfura y’umuryango wa Mico The Best bafata agafoto k’urwibutso by’ibyo birori. Inkuru irambuye fungura link iri muri Bio yacu

December 10, 2021

inyarwanda

Nyuma y’amezi 3 akoze ubukwe umugore wa Mico The Best yakorewe ibirori ‘Baby Shower’ byo kwitegura umwana -AMAFOTO Umugore wa Turatsinze Prosper wamamaye mu muziki nka Mico The Best yakorewe ibirori byo kwitegura imfura yabo bizwi nka ‘Baby Shower’. Mu mafoto agaragaza Mico The Best afashe kunda y’umugore we ubona ko anyuzwe ndetse yishimiye cyane imfura yabo bagiye kwibaruka ndetse n’umugore we Clarisse amuhanze amaso yishimiye kumubyarira niyo yifashishijwe Mu kwitegura umwana wabo. Muri ayo mafoto kandi hagaragaraho inshuti n’abavandimwe ndetse n’umubyeyi wabo bari bitabiriye ibyo birori byo kwibaruka imfura y’umuryango wa Mico The Best bafata agafoto k’urwibutso by’ibyo birori. Inkuru irambuye fungura link iri muri Bio yacu

December 10, 2021

Similar accounts

brucemelodie

1m followers

@brucemelodie
buteraknowless

732.6k followers

@buteraknowless
inyarwanda

566k followers

@inyarwanda
theben3

561.7k followers

@theben3
_deejayyyy

554.7k followers

@_deejayyyy
rwandanallstar

425.3k followers

@rwandanallstar
tomclose

373.4k followers

@tomclose
ishimwenaomie5_

349.7k followers

@ishimwenaomie5_
allysoudy

258.9k followers

@allysoudy
ridermanriderzo

230.7k followers

@ridermanriderzo
charlynina_rwanda

203.3k followers

@charlynina_rwanda

Disclaimer

The data provides is not authorized by TikTok. We are not an official partner of TikTok.

Use of materials from the resource is permitted only with a link to our resource.

Copyright © 2024 insiflow.com